Perezida Kagame yakoze impinduka muri Guverinoma

  • Imvaho Nshya
  • Kanama 22, 2023
  • Hashize imyaka 2
Image

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yakoze impinduka mu bagize Guverinoma aho Dr Uwamariya Valentine wari Minisitiri w’Uburezi yagizwe Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, na ho Gaspard Twagirayezu agirwa Minisitiri w’Uburezi.

Maj Gen Albert Murasira yagizwe Minisitiri ushinzwe Ibikorwa by’Ubutabazi, mu gihe Kayisire Marie Solange asimbuye yagizwe Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu.

  • Imvaho Nshya
  • Kanama 22, 2023
  • Hashize imyaka 2
TANGA IGITEKEREZO
Andika igitekerezo

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE