NESA yatangaje gahunda y’uko abanyeshuri bazataha bajya mu biruhuko

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA), cyatangaje gahunda y’ingendo z’abanyeshuri biga bacumbikirwa mu gihe cyo gusubira mu rugo (Igihembwe cya 1 umwaka w’amashuri wa 2024-2025)
Abanyeshuri bazataha hagati y ’itariki ya 19- 22 Ukuboza 2024.
Ingendo zizakorwa hakurikijwe Uturere ibigo by’amashuri biherereyemo.


Arxten Nshuti says:
Ukuboza 14, 2024 at 9:23 pmIbi bintu birabagamye ijana ku ijana Peh! Kuko abanyeshuri batashye mu minsi mikuru kandi baratangiye amashuri kare bityo rero bishobotse mwahindura mwaba Mukoze!
Tumushime egide says:
Ukuboza 16, 2024 at 7:50 pmHari ibigo bya private byongera amafaranga kurwego rwo hejuru Kandi umunyeshuri yaragiyeyo yoherejwe nareta nukudufasha kuko amafaranga batewaka nimenshi cyane
Claude says:
Ukuboza 19, 2024 at 11:07 amKuraje
Jean de dieu says:
Ukuboza 19, 2024 at 6:42 pmMwiriwe neza ikibazo narimfite uramutse utsinze ntubone ubushobozi bwoguhita ujyayo hagashira imyaka ibiri(2) akaba aribwo abona ubushobozi mwamufasha kubona ikigo cyareta akiga abayo? Murakoze.
Jean de dieu says:
Ukuboza 19, 2024 at 6:42 pmMwiriwe neza ikibazo narimfite uramutse utsinze ntubone ubushobozi bwoguhita ujyayo hagashira imyaka ibiri(2) akaba aribwo abona ubushobozi mwamufasha kubona ikigo cyareta akiga abayo? Murakoze.