Malipangou yerekeje muri Jamus FC yo muri Sudani y’Epfo

  • SHEMA IVAN
  • Ukuboza 24, 2024
  • Hashize amezi 8
Image

Umukinnyi ukomoka muri Centrafrique, Théodore Malipangou Christian wavuzwe muri Rayon Sports, yasinye imyaka ibiri muri Jamus FC yo muri Sudani y’Epfo.

Mu ntangiriro z’uyu mwaka wa shampiyona ni bwo Théodore Yawanendji-Malipangou Christian yagarutse muri Gasogi United, nyuma y’aho ikipe ya FC Darhea yamuguze itubahirije ibyo yasabwaga.

Uyu musore ukina mu kibuga asatira atandukanye na Gasogi United ayitsindiye ibitego 4 muri shampiyona ya 2024/25.

Iyi kipe yerekejemo ibarizwa mu murwa Mukuru i Juba isanzwe itozwa n’Umunyarwanda Cassa Mbungo André wayigezemo muri Kanama 2024.

  • SHEMA IVAN
  • Ukuboza 24, 2024
  • Hashize amezi 8
TANGA IGITEKEREZO
Andika igitekerezo

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE