Itike y’ibyumweru bibiri itsindiye 4,399,417 Rwf yateze 1000 Rwf

  • Imvaho Nshya
  • Ukwakira 1, 2025
  • Hashize amasaha 7
Image

Byari ibihe bitoroshye ku munyahirwe wa Fortebet nyuma y’aho yategereje umukino yari yateze kwinjizanya igitego aho Brentford yari iri gukina na Manchester United mu cyumweru gishize!

Yateze amafaranga y’u Rwanda 1000, maze uyu munyahirwe ahitamo imikino 17, iyo mikino yatangiye tariki 17 Nzeri 2025.

Iyo pari yarategereje yasojwe Manchester City itsinze Burnley ndetse na Brentford na Manchester United binjizanya igitego.

Imikino ibiri yanyuma yari yoroshye kuko Brentford na Manchester United binjizanyije igitego ku munota wa 26 mu gihe City yatsinze 5-2.

Iyi pari ifite nimero 25259717917662.

  • Imvaho Nshya
  • Ukwakira 1, 2025
  • Hashize amasaha 7
TANGA IGITEKEREZO
Andika igitekerezo

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE