Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yo ku wa 29 Nyakanga 2022

Kuri uyu wa Gatanu, taliki ya 29 Nyakanga 2022, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame.

Mu byemezo byafatiwe muri iyi nama harimo n’ibirebana n’ingamba zo kwirinda icyorezo cya Covid- 19 hashingiwe ku busesenguzi bwakozwe n’inzego z’ubuzima.





