Hamas yarashweho ibisasu bya rutura na Isiraheli

  • NYIRANEZA JUDITH
  • Mata 29, 2024
  • Hashize umwaka 1
Image

Kurasana hagati ya Libani na Isiraheli biteye ubwoba mu karere kandi bikomeje kwiyongera cyane kuko biri no kugera kuri Hamas.

Ibyo bitero, ku mpande zombi z’umupaka, kurasana hagati ya Isiraheli na Liban, byatangiye mu Kwakira 2023. Kugeza ubu, impande zombi ziririnda guhangana cyangwa kurwanira ku butaka.

Burigade ya Ezzedine al-Qassam yatangaje ko mu barwanyi ba Hamas baharashe roketi ziva mu majyepfo ya Libani zerekeza mu birindiro by’ingabo za Isiraheli.

Ku ruhande rwayo, ingabo za Isiraheli zabwiye AFP ko amasasu agera kuri makumyabiri yarashwe na Liban mu karere ka Isiraheli, ariko ko Isiraheli yapfubije ibisasu byinshi bya roketi.

Ingabo za Isiraheli zagize ziti: “Nta wakomeretse cyangwa ibyangiritse byigeze bitangazwa.

  • NYIRANEZA JUDITH
  • Mata 29, 2024
  • Hashize umwaka 1
TANGA IGITEKEREZO
Andika igitekerezo

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE