28 September 2023
   
ImvahoNshya
  • AHABANZA
  • POLITIKI
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • IKORANABUHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • IZINDI
    • SOBANUKIRWA
    • AMAHANGA
    • UMUCO N’AMATEKA
No Result
View All Result
  • AHABANZA
  • POLITIKI
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • IKORANABUHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • IZINDI
    • SOBANUKIRWA
    • AMAHANGA
    • UMUCO N’AMATEKA
No Result
View All Result
ImvahoNshya
No Result
View All Result

TI-Rwanda irasaba inzego zishinzwe kurwanya ruswa gukaza ingamba

02 February 2022 - 08:53
TI-Rwanda irasaba inzego zishinzwe kurwanya ruswa gukaza ingamba
Share on FacebookShare on Twitter

Umuryango ‘Transparency International Rwanda’ (TI-Rwanda) urasaba inzego zifite aho zihurira no kurwanya ruswa mu Rwanda gukaza ingamba zirimo kongera ubushobozi bwazo n’ubw’abakozi hagamijwe kurwanya iki cyorezo gihungabanya imibereho y’abaturage n’ubukungu bw’Igihugu.

Uwo ni umwe mu myanzuro yatangajwe mu Bushakashatsi bwakozwe kuri ruswa ntoya mu Rwanda (Rwanda Bribery Index/RBI 2021) bukaba bwaratangajwe ku nshuro ya 12 mu cyumweru gishize, taliki ya 14 Ukuboza 2021.

Ubuyobozi bwa TI-Rwanda bwagaragaje ko abahuye na ruswa mu buryo buziguye cyangwa butaziguye mu Rwanda mu mwaka wa 2021 bageze kuri 23%, bavuye kuri 19% mu mwaka wa 2019 n’uwa 2020. Muri abo bahuye na ruswa, abayitanze bangana na 2.3% bakaba bari bavuye kuri 2.50% mu mwaka wa 2020 na 2% mu 2019.

Umuyobozi Mukuru wa TI-Rwanda Ingabire Marie Immaculée, yagaragaje ko ukurikije ubushake bwa Politiki buriho hamwe n’amategeko asobanutse yashyiriweho gukumira no guhana icyaha cya ruswa, Guverinoma y’u Rwanda yakoze byinshi mu kurwanya ruswa no gukumira abishora mu bikorwa bya ruswa.

Yagize ati: “Ariko, turacyafite urugendo rurerure. Ntidukwiye kwishimira cyangwa kwigereranya n’ibindi bihugu bidindira. Abashinzwe kurwanya ruswa n’abafatanyabikorwa bose bireba basabwa kuvugurura ibyo biyemeje no gufatanya muri urwo rugamba.”

Yavuze ko TI-Rwanda ikora ubushakashatsi kuri ruswa ntoya mu rwego rwo gutanga umusanzu wo kugera ku ntego ya 16.5 y’Intego z’Iterambere Rirambye (SDG’s 16.5) igamije kugabanya ku buryo bufatika ruswa n’ibisa na yo byose.

Muri rusange ubwo bushakashatsi bwa 2021 (RBI 2021) bwakozwe ku baturage 2,420 barimo 55.9% binjiza amafaranga y’u Rwanda ari munsi ya 31,000. Muri bo abagabo bari 53.55% mu gihe 46.45% abagore.

Abagera kuri 66.53% babajijwe batuye mu cyaro, mu gihe 33.47% ari abanyamujyi, bose bakaba barimo 41.4% barangije amashuri abanza, 34.59% bize ayisumbuye, 10% bize kaminuza, 7.36% bize imyuga n’ubumenyi ngiro mu gihe 6.65% batigeze bagera mu ishuri.

Mu babajijwe harimo abakorera mu nzego z’abikorera bangana na 16.61%, abikorera cyangwa bakora mu bucuruzi bw’umuryango bangana na 50.04%, abadafite akazi 9.88%, abacuruzi bangana na 14.55%, abanyeshuri 1.32%, abakozi ba Leta 3.1%, abakozi bo mu miryango itegamiye kuri Leta 2.64% n’abari mu kiruhuko cy’izabukuru bangana na 1.86%.

Ubwo bushakashatsi bwagaragaje ko Abanyarwanda babona ko ikigereranyo cya ruswa kiri hasi bageze kuri 50%, bavuye kuri 52.8% babonetse mu 2020 na 61.9% by’ababajijwe mu 2019. Ni mu gihe abavuga ko ruswa iri mu gihugu ivuza ubuhuha bageze kuri 17.40% bavuye kuri 20.5% babivugaga mu 2020, na 13.3% bo mu 2019.

Leta y’u Rwanda yashyize imbaraga zifatika mu kurwanya ruswa nk’uko byashimangiwe n’abagiye babazwa batigeze bajya munsi ya 70% mu bushakashatsi bwabanje, bemeza ko Guverinoma y’u Rwanda idahwema gushimangira ko ruswa itazigera yihanganirwa.

Gusa, Abanyarwanda bashima imbaraga zashyizwe mu kurwanya ruswa bagabanyutseho 10% mu myaka itatu ishize, aho bavuye ku kigero cya 81.9% mu 2019 bakagera kuri 75.9% mu 2020 no kuri 71.9% mu 2021.

Muri ubu bushakashatsi bw’umwaka wa 2021, hagaragajwemo ko ibyo byatewe n’uko ingufu zirimo n’iz’ubuyobozi bukuru bw’Igihugu zongerewe mu kurwanya icyorezo cya COVID-19.

Urwego rw’Abikorera no muri Polisi y’u Rwanda hongeye kugaragara ruswa nyinshi

Ubushakashatsi bwa 2021 kuri ruswa ntoya mu Rwanda bwagaragaje ko Urwego rw’Abikorera n’Ishami rya Polisi y’u Rwanda byongeye kuyobora izindi nzego mu Gihugu mu kurangwamo ruswa nyinshi nk’uko byari binameze mu mwaka ushize wa 2020.

Urwego rw’Abikorera ruza ku mwanya wa mbere mu zamunzwe na ruswa aho ibyago byo guhura na ruswa biri ku gipimo cya 20.4% bivuye kuri 12.95%  byabarwaga mu mwaka ushize wa 2020. Igipimo cy’abahuye na ruswa bakayitanga na cyo cyageze ku 9.8% kivuye kuri 7% mu 2020 na 4.2% mu 2019.

Umuyobozi Mukuru wa TI-Rwanda Ingabire Marie Immaculée, yavuze ko ibi bipimo biteye inkeke kuko uko bigaragara ruswa mu Rwego rw’Abikorera ikomeje kwiyongera.

Yagize ati: “Biteye impungenge cyane ndetse birenze uko umuntu abikeka, kuko ubundi Igihugu cyose gitezwa imbere n’Urwego rw’Abikorera.  Ntabwo ushobora kubona umwanya w’ubusekirite nta kantu utanze kandi bahembwa make. Ibyo ni nko kumusonga kandi mu bikorera se ubarega hehe? Leta ikwiye kugira icyo ibikoraho kuko bakorera mu Gihugu kandi bakorera Abanyarwanda.”

Ishami rya Polisi y’Igihugu rishinzwe umutekano wo mu muhanda ni ryo riza ku mwanya wa kabiri nk’uko byari bimeze mu mwaka washize, aho ibyago byo guhura na ruswa byiyongereye bikava kuri 12.97% bikagera kuri 15.2%.

Ku rundi ruhande, ubuyobozi bwa TI-Rwanda burashimira byimazeyo Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwagaragaje impinduka zikomeye mu guhangana na ruswa mu myaka itatu ishize, aho ibyago byo guhura na ruswa byavuye ku kigero cya 8.5% mu 2019, kuri 7.6% mu 2020 bikagera kuri 3.0% mu 2021.

Ahandi hantu higanje ruswa ni mu Nzego z’Ibanze aho ibyago byo guhura na ruswa byavuye ku kigero cya 5.5% mu 2019, bikagera kuri 6.9% muri 2020 no ku 10.1% mu 2021.

Hakurikiraho Minisiteri y’Uburezi n’ibigo biyishamikiyeho aho ibyago byo guhura na ruswa byavuye kuri 3.6% mu 2020 bikagera kuri 7.4% mu gihe mu mashuri yisumbuye byavuye kuri 1.8% bikagera ku 8.2%.

Ku birebana na serivisi zamunzwe na ruswa kurusha izindi, kubona akazi mu bikorera ari byo biza ku isonga kuko hafi 70% y’abatanga ruswa muri uru rwego ari abashaka akazi ndetse n’ibyago byo kuba umuntu yakwaka cyangwa yakwakira ruswa bikaba biri ku kigero cya 28%.

Serivisi iza ku mwanya wa kabiri mu zamunzwe na ruswa ni ijyanye n’ibyangombwa byo kubaka, kuko abagera kuri 61% bya 4% batanga ruswa mu Nzego z’ibanze ari abakeneye ibyangombwa byo kubaka. Ibyago byo kwaka cyangwa gutanga ruswa muri izi serivisi biri ku kigereranyo cya 21%.

Indi serivisi izamo ruswa nyinshi ni ijyanye no kubahiriza amabwiriza yo kwirinda COVID-19 itangwa n’abapolisi babarizwa mu ishami rya Polisi rishinzwe umutekano wo mu muhanda, aho ibyago byo gutanga cyangwa kwakira ruswa biri ku kigero cya 20.2%.

Hakurikiraho serivisi yo guhindura ibigo ku banyeshuri batanyuzwe n’aho bagiye boherezwa, ndetse no guhatanira akazi mu mashuri yisumbuye nka serivisi zitangwa na Minisiteri y’Uburezi n’ibigo biyishamikiyeho.

Imibare y’ikigereranyo ngano ya ruswa nto yishyuwe mu mwaka wa 2021 ishimanigira ko muri uwo mwaka yagabanyutse ikagera ku mafaranga y’u Rwanda 14,126,000 ivuye ku mafaranga 19,213,188 yishyuwe mu mwaka wa 2019. Impuzandengo ya ruswa yishyuwe n’umuntu umwe muri uyu mwaka yari 50,630.

Abadatanga amakuru kuri ruswa bakomeje kwiyongera

Ubuyobozi bwa TI-Rwanda bushishikariza abaturarwanda bose gutanga amakuru igihe bahuye na ruswa cyangwa bayibonye kuko ari bimwe mu byagira uruhare rukomeye mu rugamba rwo kurwanya ruswa mu Gihugu.

Ubushakashatsi bwa TI bwagaragaje ko umubare w’ababona cyangwa bagahura na ruswa ntibatange amakuru wiyongereye ukagera kuri 89.4% uvuye kuri 88.1% wagaragaye mu 2020.

Abantu bangana na 26% banga gutanga amakuru kuri ruswa batinya gukurikiranwa, 22% ni abumva atari ngombwa gutanga amakuru, 21% bo bumva ayo makuru bayatanze ashobora kuba imfabusa ntihagire igikorwa, mu gihe 16% batinya ko n’abayobozi cyangwa ibigo bagatanzemo amakuru birya ruswa.

Abagera kuri 7% gusa ni bo bavuze ko batamenye aho bashobora gutanga amakuru mu gihe 3% batinye kuba baterwa ubwoba cyangwa bakanahohoterwa.

Ubuyobozi bwa TI-Rwanda burasaba inzego za Leta n’izindi nzego zose bireba kongera ubukangurambaga bugamije kwereka abaturage ububi n’ingaruka za ruswa kuri bo no ku Gihugu. Ubwo bukanguramabaga ngo bukwiye kongerwa guhera mu muryango, binyuze mu bufatanye n’amashuri, amadini, ibigo bya Leta n’iby’abikorera itangazamakuru ndetse n’Itorero ry’igihugu.

By’umwihariko Urwego rw’Umuvunyi, Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), Ubushinjacyaha, Polisi y’u Rwanda na TI Rwanda, birasabwa kunoza uburyo buhari bwo gutangiraho amakuru no kongerera abaturage icyizere ku bijyanye no kubukoresha. Ibyo bigomba kujyana no kubikira ibanga abatanga amakuru ndetse no kubacungira umutekano igihe biri ngombwa.

Nk’uko byagenze ku bushakashatsi bwakozwe kuri ruswa mu mwaka wa 2020, ubwo mu 2021 na bwo bwakozwe kandi bunatangazwa mu gihe u Rwanda n’Isi bigihanganye n’icyorezo cya COVID-19 cyagize uruhare mu gutiza umurindi icyaha cya ruswa mu buryo bumwe cyangwa ubundi.

Advertisement
NTAWITONDA Jean Claude

NTAWITONDA Jean Claude

Comments 22

  1. sbobet says:
    2 years ago

    ตัดสินใจสมัครได้ที่นี่registerเพื่อให้สามารถเขียน ตั้งกระทู้ ประกาศ ข้อความต่างๆ ในชุมชนแ่หงนี้ได้ ตามส่วนต่างๆที่แบ่งไว้ในส่วนของForum (เว็บบอร์ด).

    Reply
  2. Judi Slot says:
    2 years ago

    I wanted to thank you for this fantastic read!!
    I definitely enjoyed every little bit of it. I’ve got you bookmarked to check out new things
    you post…

    my web page; Judi Slot

    Reply
  3. Beatrice says:
    2 years ago

    Piece of writing writing is also a excitement, if you know afterward you can write if not it is complicated
    to write.

    Feel free to visit my web site :: Situs Slot 4D (Beatrice)

    Reply
  4. binary options basics says:
    2 years ago

    Hey I know this is off topic but I was wondering if you knew of any widgets
    I could add to my blog that automatically tweet my newest twitter updates.
    I’ve been looking for a plug-in like this for quite some time and was hoping
    maybe you would have some experience with something like
    this. Please let me know if you run into anything. I truly enjoy reading your blog and I look
    forward to your new updates.

    Reply
  5. https://128.199.163.252/ says:
    2 years ago

    Hello There. I discovered your blog the use of msn. That is a very well written article.
    I’ll make sure to bookmark it and come back to read extra
    of your useful info. Thank you for the post. I will certainly comeback.

    Visit my webpage … https://128.199.163.252/

    Reply
  6. Https://128.199.163.252/ says:
    2 years ago

    What i don’t realize is in fact how you’re not really much more
    well-liked than you might be now. You’re very intelligent.

    You realize thus significantly on the subject of this topic, made me individually believe it from a lot of varied angles.
    Its like women and men aren’t fascinated except it is something to accomplish with Lady gaga!
    Your individual stuffs nice. Always handle it up!

    My web site – https://128.199.163.252/

    Reply
  7. binary options books for sale says:
    2 years ago

    Touche. Great arguments. Keep up the good effort.

    Reply
  8. gps forex robot settings icon says:
    2 years ago

    When some one searches for his necessary thing, therefore he/she desires to be
    available that in detail, therefore that thing is maintained over here.

    Reply
  9. lake of the ozarks luxury homes says:
    2 years ago

    Thank you for sharing superb informations. Your
    web-site is so cool. I’m impressed by the details that you’ve
    on this blog. It reveals how nicely you perceive this subject.
    Bookmarked this website page, will come back for more articles.
    You, my friend, ROCK! I found simply the info I already searched all over the place and just couldn’t come
    across. What a perfect web site.

    Reply
  10. Situs Slot says:
    2 years ago

    Hmm is anyone else having problems with the images on this blog loading?
    I’m trying to determine if its a problem on my end or if it’s the blog.
    Any responses would be greatly appreciated.

    my web-site :: Situs Slot

    Reply
  11. shiba coin yorum says:
    2 years ago

    shiba coin yorum shiba coin yorum

    Kripto para borsasında politik bir vaziyet edinmeyi başaran Shiba Coin, yeni yatırımcıların
    merak konusudur. Shiba Coin yorum, paha tahminleri
    ve gelecek analizleri gibi konular sert fazla yatırımcının ilgisini çekerken, kaygı edilen
    eksiksiz soruların cevaplarını bu yazımızda bulabilirsiniz.

    shiba coin yorum

    Reply
  12. binary options leading indicators of recession says:
    2 years ago

    Hey there, You have done an excellent job. I’ll certainly digg it and personally
    suggest to my friends. I am sure they’ll be benefited from this web site.

    Reply
  13. free webcam sex chat says:
    2 years ago

    It’s remarkable to go to see this website and reading the views of all
    colleagues regarding this post, while I am also zealous of getting familiarity.

    Reply
  14. бинанце парраинаге says:
    2 years ago

    I am not sure where you’re getting your info, but great topic.
    I needs to spend some time learning much more or understanding more.
    Thanks for wonderful information I was looking
    for this info for my mission.

    Reply
  15. إعلان binance says:
    2 years ago

    Great article, totally what I needed.

    Reply
  16. binance facture-t-il des frais says:
    2 years ago

    Ahaa, its fastidious discussion regarding this piece of writing at this place at this
    webpage, I have read all that, so at this time me also commenting here.

    Reply
  17. viagra pills buy says:
    2 years ago

    buy viagra cialis levitra https://viagarag.com – buy viagra cheap
    viagra superdrug
    viagra egypt viagra pills buy who can use viagra tablets

    Reply
  18. binary option says:
    2 years ago

    I’m not that much of a online reader to be honest but your sites really nice, keep it up!

    I’ll go ahead and bookmark your site to come back in the future.
    Cheers

    Reply
  19. binary options with low deposit says:
    2 years ago

    Wow! After all I got a website from where I be capable of actually get useful data regarding my
    study and knowledge.

    Reply
  20. สล็อตเกมส์ไหนดีโบนัสแตกบ่อย says:
    2 years ago

    Please let me know if you’re looking for a article author for your weblog.

    You have some really good posts and I believe
    I would be a good asset. If you ever want to take some of the load off, I’d absolutely love to write some material
    for your blog in exchange for a link back to
    mine. Please shoot me an email if interested. Regards!

    Reply
  21. free milf sex chat says:
    2 years ago

    WOW just what I was searching for. Came here by searching
    for free no membership naked live sex video chat

    Reply
  22. dog walking says:
    2 years ago

    … Cavoodles are the best dog breed for families of small
    children because of their gentle demeanor.

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Aheruka

Gen (Rtd) Kabarebe yahawe inshingano muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga

September 27, 2023

COVID 19 yatweretse ko dufite intege nke mu buvuzi- Dr. Sabin

September 27, 2023

Abagore n’abakobwa bageze kuri 23% muri Polisi y’u Rwanda

September 27, 2023

U Rwanda rwahembewe kwimakaza umutekano wo mu muhanda

September 27, 2023

Iraq: Abarenga 100 bishwe n’inkongi yibasiye inzu yaberagamo ubukwe

September 27, 2023

Menya indirimbo nshya ya Gahongayire n’uko Imana yamugize ubuhamya bugenda

September 27, 2023
ImvahoNshya

DUKURIKIRE KU MBUGA

DUHAMAGARE

Opp. Magerwa, Expo ground, Gikondo Kigali, Rwanda
Phone no : +250-784867952 / 53

AMAKURU AHERUKA

Gen (Rtd) Kabarebe yahawe inshingano muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga

September 27, 2023

COVID 19 yatweretse ko dufite intege nke mu buvuzi- Dr. Sabin

September 27, 2023
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact

© 2022 ImvahoNshya - All rights reserved by ImvahoNshya.

No Result
View All Result
  • AHABANZA
  • POLITIKI
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • IZINDI
    • SOBANUKIRWA
    • AMAHANGA
    • UMUCO N’AMATEKA

© 2022 ImvahoNshya - All rights reserved by ImvahoNshya.