Umunyamahirwe utangaje yateze 50.000 Frw yegukana 989.500 Frw

Mu gihe kingana n’amasaha make ku itariki 10 Ukwakira 2025 , umunyamahirwe yanditse amateka mashya atsindira amafaranga asatira miliyoni mu gihe yari yateze ibihumbi 50 by’amafaranga y’u Rwanda.
Uyu munyamahirwe wari wiyizeye yari akeneye imikino itanu gusa aho yahisemo gutega ku bitego gusa maze bikamuhesha gutsindira akayabo.
Harimo ibikubo bya over ya 6.5 (umukino warangiye ari 9-0) yongeraho over ya 3.5 na 2.5 ndetse n’imikino 2 ahitamo over 1.5 byose biba uko yabihisemo.
Gusa nubwo byabanje kumuhangayikisha, imikino 3 muri 5 yarangiye neza uko yabihisemo hatarenzeho igitego na kimwe.
Iyi ntsinzi iri ku itike ifite nomero 3528333704169999 ndetse amafaranga yayatahanye yose ako kanya.
Ubuyobozi bwa Fortebet buti: “Turakwishimiye!”