U Rwanda na Yorodaniya mu kunoza ubufatanye mu bya gisirikare

  • NTAWITONDA JEAN CLAUDE
  • Kanama 9, 2023
  • Hashize imyaka 2
Image

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda (RDF) Lt. Gen. Mubarakh Muganga, ari mu ruzinduko rw’akazi mu Bwwami bwa Hashemite bwa Yorodaniya. 

Uyu munsi yagiranye ibiganiro n’Umugaba Mukuru w’Inzego z’Umutekano mu Bwami bwa Yorodaniya Maj Gen Yousef Huneiti. 

Ibyo biganiro byibanze ku nyungu z’umutekano ibihugu byombi bihuriyeho  ndetse n’uburyo buhari bwo kurushaho kwimakaza ubutwererane bwa gisirikare. 

  • NTAWITONDA JEAN CLAUDE
  • Kanama 9, 2023
  • Hashize imyaka 2
TANGA IGITEKEREZO
Andika igitekerezo

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE