Itangazo ry’Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yo ku wa 13 Gicurasi 2022

Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y'u Rwanda, Paul Kagame
Ku wa Gatanu taliki 13 Gicurasi 2022, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame.





