Ruger agiye gutaramira i Kigali

  • MUTETERAZINA SHIFAH
  • Ukuboza 17, 2024
  • Hashize amezi 8
Image

Umuhanzi wo muri Nigeria, Michael Adebayo Olayinka uzwi cyane nka Ruger, agiye gutaramira  i Kigali mu gitaramo REVV UP XPERIENCE.

Byatangajwe n’ubuyobozi bwa Intore Entertainment burimo kugitegur ubwo batangazaga ubutumire bw’icyo icyo gitaramo kizaba mu mpera z’Ukuboza 2024.

Uyu muhanzi w’imyaka 25, yamenyekanye cyane mu muziki nyuma yo gusinyana amasezerano y’imikoranire na D’Prince binyuze muri sosiyete ye ifasha abahanzi yitwa ’Jonzing World Record’.

Biteganyijwe ko Ruger azataamira i Kigali tariki 28 Ukuboza 2024, muri Bk Arena.

Ruger azwi cyane mu ndirimbo zirimo girlfreind, Bounce, Asiwaju, SnapChart n’izindi.

  • MUTETERAZINA SHIFAH
  • Ukuboza 17, 2024
  • Hashize amezi 8
TANGA IGITEKEREZO
Nkurunziza cedrigue says:
Ukuboza 21, 2024 at 7:18 am

Bagura gute itike

Andika igitekerezo

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE