Umuhango wo kwambika ipeti rya Sous Lieutenant Abofisiye 624 mu mafoto

  • NTAWITONDA JEAN CLAUDE
  • Mata 16, 2024
  • Hashize umwaka 1
Image

Ku wa Mbere tariki ya 15 Mata ni umunsi waranzwe n’ibyishimo ku bofisiye bashya 624 binjiye mu Ngabo z’u Rwanda bambitswe ipeti rya Sous Lieutenant nyuma y’igihe bamaze bakurikirana amasomo ya Gisirikare n’andi yo mu nzego zitandukanye.

Abofisiye basoje amasomo barimo 522 bahawe amasomo ya gisirikare n’imyitozo mu gihe cy’umwaka umwe, 102 bize amasomo y’umwuga wa gisirikare bafantanyaga n’andi masomo ya Kaminuza y’u Rwanda mu mashami atandukanye arimo Ubuvuzi, Ikoranabuhanga mu by’Itumanaho n’andi ndetse n’Abofisiye 33 barangije amasomo yabo y’igisirikare mu bihugu byo hanze.

  • NTAWITONDA JEAN CLAUDE
  • Mata 16, 2024
  • Hashize umwaka 1
TANGA IGITEKEREZO
Andika igitekerezo

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE