Kwibuka30: Perezida Museveni yohereje uzamuhagararira

  • NYIRANEZA JUDITH
  • Mata 6, 2024
  • Hashize umwaka 1
Image

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni yohereje Visi Perezida, Jessica Alupo, kumuhagararira mu muhango wo Kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.

Ambasade ya Uganda mu Rwanda yatangaje ko Visi Perezida Jessica Alupo yamaze kugera i Kigali yakirwa n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibidukikije, Dr. Claudine Uwera na Ambasaderi wa Uganda mu Rwanda, Maj. Gen. Robert Rusoke.

  • NYIRANEZA JUDITH
  • Mata 6, 2024
  • Hashize umwaka 1
TANGA IGITEKEREZO
VIDEO says:
Mata 7, 2024 at 2:08 pm

Andika Igitekerezo hanoVideo

Andika igitekerezo

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE