RURA yatangaje ibiciro bishya by’ingendo

Urwego rw’Igihugu rushinzwe kugenzura Imikorere y’inzego zimwe z’imirimo ifitiye Igihugu akamaro (RURA) rwatangaje ibiciro by’ingendo bishya bizatangira gukurikizwa guhera tariki ya 16 Werurwe 2024, mu modoka zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange mu gihugu hose.
Imihanda itagaragara ku rutonde ruri ku mugereka izakorerwamo n’ubyifuza wese, ikigo cyangwa umuntu ku giti cye, ariko yujuje ibisabwa kandi amaze kubiherwa uruhushya na RURA. By’umwihariko, n’imodoka nto zitwara abantu 18, zemerewe kuyikoreramo.
Ibiciro by’ingendo kuri iyo mihanda itagaragara kuri uru rutonde bizagenwa n’isoko bitewe n’imiterere yihariye y’iyo mihanda n’ikoreshwa ryayo.
Dore uko ibiciro bishya by’ingendo bihagaze
Mu Mujyi wa Kigali




Mu Ntara






















