Dore impamvu zishobora gutuma abashakanye babura urubyaro

  • KAYITARE JEAN PAUL
  • Ugushyingo 28, 2023
  • Hashize imyaka 2
Image

Dr. Mwesigye David, Inzobere mu kuvura indwara z’abagore by’umwihariko yibanda cyane ku burumbuke bw’umugore no ku mugabo, asobanura ibintu bishobora gutera umuntu kubura urubyaro.

Ni umuganga ukorera kuri Women Health and Facility Clinic iherereye i Kabeza mu Karere ka Kicukiro mu Mujyi wa Kigali.

Avuga ko kuba umuryango kuba wavuga ngo wabuze urubyaro, bisobanura ko baba bamaze amezi 12 babana umunsi ku wundi ariko gusama bikaba byaranze.

Amezi 12 bivugwa ku mukobwa cyangwa ku mugore utarageza imyaka 35, ashobora gusama byihuse. Iyo ari ababana nk’umugabo n’umugore akaba agejeje imyaka 35 no kuzamura, we iyo ageze amezi 6 aba afite amahirwe yo kuba yasama.

Mu kiganiro ‘Menya Wirinde’ gitambuka kuri Televiziyo Rwanda, yagize ati: “Ni byiza ko we yatugeraho mu gihe amezi 6 ageze atarasama, mu gihe yaba afite imyaka 35 no kuzamura.

Ariko wa wundi uri munsi y’imyaka 35 we ni byiza ko yategereza amezi 12 babana nk’umugabo n’umugore umunsi ku wundi”.

Asobanura ko impamvu zo kutabyara zishobora guterwa n’umugabo kuko ngo ubushakashatsi bwagaragaje ko kubura urubyaro 40% bishobora guterwa n’umugabo na 40% bikaba byaterwa n’umugore.

Dr. Mwesigye avuga ko ku ruhande rw’umugore hari impamvu zo kutajya mu burumbuke. Nyamara, kujya mu mihango k’umugore buri kwezi ntibivuze ko ajya mu burumbuke.

Ati “Icyo uburumbuke bivuze ni iki? Ni uko habaho intanga ngore igomba gukura mu gihe cy’ukwezi k’umugore, iyo ntanga ngore iyo ikuze, igomba kuzahura n’intanga ngabo.”

Umugore kutajya mu gihe cy’uburumbuke kwe, ni imwe mu mpamvu ya mbere yo kutabyara.

Akomeza agira ati: “Impamvu ya kabiri ku mudamu iterwa n’uko ajya mu burumbuke ariko ntatwite. Usanga tumusuzuma tukabona ameze neza n’umugabo ameze neza ariko ugasanga ntashoboye kuba yasama.

Indi mpamvu ni ukureba, ese muri nyababyeyi harimo ikibyimba gituma umubyeyi atasama?”

Indi mpamvu ishobora guturuka ku miyoborantanga. Intanga ngabo ishobora kujya guhura n’intanga ngore igasanga imiyoborantanga irafunze.

Ku mugabo harebwa niba intanga ngabo zifite imbaraga, zifite umuvuduko uhagije. Ibyo byose ni bya byago byo kudatera inda bingana na 40% birebwa ku mugabo.

Yagize ati: “Iyo dusanze bose ari bazima, ubuvuzi dutanga duhera kuri za mpamvu zibitera”.

Indwara zishobora kuba intandaro zo kudasama

Abantu bashobora gutinya kuboneza urubyaro noneho yasama agashaka kugira ngo ayikuremo mu buryo butari bwiza akaba yarwara bigatuma ya ndwara yo kuba yakuramo nk’inda, ugasanga imiyoborantanga irifunze.

Indwara yo kuva cyane unababara mu mihango. Iyo ndwara yo kuva cyane ukiri umukobwa bishobora kuzakuviramo gutuma imiyoborantanga yifunga.

Ibibyimba bishobora kwibasira nyababyeyi ntube washobora gusama. Hari kandi indwara ushobora kurwara kubera gukora imibonano mpuzabitsina idakingiye ikangiza imiyoborantanga.

Agira ati: “Ni yo mpamvu mugomba kwirinda mugakoresha agakingirizo mu gihe ukiri umukobwa, ukikingira kugira ngo wirinde izo ndwara zishobora kwangiza imyanya myibarukiro”.

Dr. Mwesigye agaragaza ko uko ubuvuzi butera imbere ari na ko ubuzima butera imbere. Aha ni ho ahera agira inama abantu kwivuza hakiri kare kuko ngo uko utinda kwivuza ni ko bihinduka ikigugu kubyivuza bikagorana.

  • KAYITARE JEAN PAUL
  • Ugushyingo 28, 2023
  • Hashize imyaka 2
TANGA IGITEKEREZO
Jacqueline nyirabashumba says:
Mata 20, 2024 at 12:38 pm

Mwiriwe neza nanjye mfite ikibazo cyo kutabyara ese nababona gute mube mwamfasha

Uwase joseline says:
Kamena 4, 2024 at 12:11 pm

Maranye numugabo wange tubana munzu amezi agara muri 4 duhura buri munsi ariko sinsama

Paula says:
Nyakanga 6, 2024 at 1:35 am

Nge ndumva mwashyiraho uburyo umuntu yabavugisha Wenda akabasobanuza Aho atumva neza, like number ya telephone.

Moïse says:
Kanama 26, 2024 at 11:40 am

Nukuri dusobanuriwe neza rwose turabashimiye twarangira abafite ibi bibazo bakagana ubuvuzi 250787998183 murakoze 🫴

Marie says:
Ukwakira 22, 2024 at 4:33 pm

Nitwa uwimana marie chantari nange namaranye icyo kibazo imyaka myinshi kuburyo cyari kigiye kuntandukanya numugabo wange ntako nari naragize najyaga kwamuganga bikanga gusa nari yakiriye njya gusenga nkibisanzwe kubwa mahirwe mpura ninshiuti yange yakera indangira ikigo cyabanyamerika nagiyeyo bampa imiti nyuma igihe gito amezi abiri narasamye ubumfite imfura yange nawe ufite icyo kibazo wasbahamagara 0735454502

mukunzi erneste says:
Mata 22, 2025 at 7:16 am

Nitwa mukunzi erneste, mubyukuri nanjye kunyara byari baranze, maze imyaka 6 nzanye umugore, imyaka yari igeze kuri 3 tutabyara, rimwe twagiye kwamuganga baradusuzuma bazanga madamu ntakibazo we afite NDETSE imisemburo ye ihagaze neza, gusa njyewe bambwireko mfite ikibazo kintangangabo nyeya,NDETSE ko ntabushobozi zifite bwo kubyara ,numvise ngize ikimwaro ubwo nangira kwivuza,imiti yo kwamuganga ntacyo yamariye, nagiye muma pharmacy atandukanye biranga gusa ikitwa inzoga nari narakigabanyije, NDETSE naratangiye gufata indyo yuzuye murwego rwo kubahiriza amabwiriza yabaganga, rimwe nibwo nahuye ninshuti yanjye nyitekerereza uruvagusenya nahuye narwo arumirwa andangira kujya kwivuriza mukigo cyabanyamerika gikorera mumugi wa Kigali, nagiyeyo ntakizere,baramfashije bampa imiti nyikoresha amezi abiri , ubu rwose meze neza NDETSE uyu munsi wanone madamu wanjye afite inda yimvutsi ndashima Imana pe, NAWE ubashaka wabahamagara kuri 250783700426/ 250732509289

Mukunzi erneste says:
Gicurasi 5, 2025 at 10:06 am

Nitwa mukunzi erneste, mubyukuri nanjye kubyara byari baranze, maze imyaka 6 nzanye umugore, twamaze imyaka 3 tubana tutari twabyara, rimwe twagiye kwamuganga baradusuzuma bazanga madamu ntakibazo we afite NDETSE imisemburo ye ihagaze neza, gusa njyewe bambwireko mfite ikibazo kintangangabo nyeya,NDETSE ko ntabushobozi zifite bwo kubyara ,numvise ngize ikimwaro ubwo nangira kwivuza,imiti yo kwamuganga ntacyo yamariye, nagiye muma pharmacy atandukanye biranga gusa ikitwa inzoga nari narakigabanyije, NDETSE naratangiye gufata indyo yuzuye murwego rwo kubahiriza amabwiriza yabaganga, rimwe nibwo nahuye ninshuti yanjye nyitekerereza uruvagusenya nahuye narwo arumirwa andangira kujya kwivuriza mukigo cyabanyamerika gikorera mumugi wa Kigali, nagiyeyo ntakizere,baramfashije bampa imiti nyikoresha amezi abiri , ubu rwose meze neza NDETSE uyu munsi wanone madamu wanjye afite inda yimvutsi ndashima Imana pe, NAWE ubashaka wabahamagara kuri NDETSE bafasha nabadamu babuze urubyaro nimero: 250783700426/ 250732509289

Mukunzi ernest says:
Gicurasi 5, 2025 at 11:47 am

*ubuhamya bwanjye sinabyaraga*Nitwa mukunzi erneste, mubyukuri nanjye kutabyara byari baranze, maze imyaka 6 nzanye umugore, imyaka yari igeze kuri 3 tutabyara, rimwe twagiye kwamuganga baradusuzuma bazanga madamu ntakibazo we afite NDETSE imisemburo ye ihagaze neza, gusa njyewe bambwireko mfite ikibazo kintangangabo nyeya,NDETSE ko ntabushobozi zifite bwo kubyara ,numvise ngize ikimwaro ubwo nangira kwivuza,imiti yo kwamuganga ntacyo yamariye, nagiye muma pharmacy atandukanye biranga gusa ikitwa inzoga nari narakigabanyije, NDETSE naratangiye gufata indyo yuzuye murwego rwo kubahiriza amabwiriza yabaganga, rimwe nibwo nahuye ninshuti yanjye nyitekerereza uruvagusenya nahuye narwo arumirwa andangira kujya kwivuriza mukigo cyabanyamerika gikorera mumugi wa Kigali, nagiyeyo ntakizere,baramfashije bampa imiti nyikoresha amezi abiri , ubu rwose meze neza NDETSE uyu munsi wanone madamu wanjye afite inda yimvutsi ndashima Imana pe, NAWE ubashaka wabahamagara kurib 0783122103

Mukunzi erneste says:
Gicurasi 5, 2025 at 6:59 pm

*Ubuhamya bwanjye uko nabonye urubyaro*
Nitwa mukunzi erneste, mubyukuri nanjye kubyara byari baranze, maze imyaka 6 nzanye umugore, twamaze imyaka 3 tubana tutari twabyara, rimwe twagiye kwamuganga baradusuzuma bazanga madamu ntakibazo we afite NDETSE imisemburo ye ihagaze neza, gusa njyewe bambwireko mfite ikibazo kintangangabo nyeya,NDETSE ko ntabushobozi zifite bwo kubyara ,numvise ngize ikimwaro ubwo nangira kwivuza,imiti yo kwamuganga ntacyo yamariye, nagiye muma pharmacy atandukanye biranga gusa ikitwa inzoga nari narakigabanyije, NDETSE naratangiye gufata indyo yuzuye murwego rwo kubahiriza amabwiriza yabaganga, rimwe nibwo nahuye ninshuti yanjye nyitekerereza uruvagusenya nahuye narwo arumirwa andangira kujya kwivuriza mukigo cyabanyamerika gikorera mumugi wa Kigali, nagiyeyo ntakizere,baramfashije bampa imiti nyikoresha amezi abiri , ubu rwose meze neza NDETSE uyu munsi wanone madamu wanjye afite inda yimvutsi ndashima Imana pe, NAWE ubashaka wabahamagara kuri NDETSE bafasha nabadamu babuze urubyaro nimero: 250783700426/ 250732509289

Elneste says:
Nyakanga 6, 2025 at 7:11 am

Musubize
*ubuhamya bwanjye sinabyaraga*Nitwa mukunzi erneste, mubyukuri nanjye kubyara byari baranze, maze imyaka 6 nzanye umugore, imyaka yari igeze kuri 3 tutabyara, rimwe twagiye kwamuganga baradusuzuma bazanga madamu ntakibazo we afite NDETSE imisemburo ye ihagaze neza, gusa njyewe bambwireko mfite ikibazo kintangangabo nyeya,NDETSE ko ntabushobozi zifite bwo kubyara ,numvise ngize ikimwaro ubwo nangira kwivuza,imiti yo kwamuganga ntacyo yamariye, nagiye muma pharmacy atandukanye biranga gusa ikitwa inzoga nari narakigabanyije, NDETSE naratangiye gufata indyo yuzuye murwego rwo kubahiriza amabwiriza yabaganga, rimwe nibwo nahuye ninshuti yanjye nyitekerereza uruvagusenya nahuye narwo arumirwa andangira kujya kwivuriza mukigo cyabanyamerika gikorera mumugi wa Kigali, nagiyeyo ntakizere,baramfashije bampa imiti nyikoresha amezi abiri , ubu rwose meze neza NDETSE uyu munsi wanone madamu wanjye afite inda yimvutsi ndashima Imana pe, NAWE ubashaka wabahamagara kurib 0783122103

Andika igitekerezo

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE