Col. Burabyo James asuhuza mu cyubahiro Perezida Museveni ku munsi wa Tarehe Sita

“Nta numwe ushobora guhagarika ubutwererane bwacu n’ubuvandimwe dutitanye!” Ubwo ni ubutumwa bwatanzwe na Lt. Gen Muhoozi Kainerugaba agaragaza iyi foto yerekana umusirikare mukuru mu ngabo z’u rwanda asuhuza Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo za Uganda (UPDF) Perezida Yoweri Kaguta Museveni.

Col.James Burabyo, uhagarariye ingungu z’u Rwanda mu bya Gisirikaremuri Uganda asuhuza Perezida Yoweri Kaguta Museveni mu birori byo kwizihiza Tarehe Sita