NESA yatangaje gahunda y’uko abanyeshuri bazataha bajya mu biruhuko

  • NYIRANEZA JUDITH
  • Ukuboza 11, 2024
  • Hashize amezi 9
Image

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA), cyatangaje gahunda y’ingendo z’abanyeshuri biga bacumbikirwa mu gihe cyo gusubira mu rugo (Igihembwe cya 1 umwaka w’amashuri wa 2024-2025)

Abanyeshuri bazataha hagati y ’itariki ya 19- 22 Ukuboza 2024.

Ingendo zizakorwa hakurikijwe Uturere ibigo by’amashuri biherereyemo.

  • NYIRANEZA JUDITH
  • Ukuboza 11, 2024
  • Hashize amezi 9
TANGA IGITEKEREZO
Arxten Nshuti says:
Ukuboza 14, 2024 at 9:23 pm

Ibi bintu birabagamye ijana ku ijana Peh! Kuko abanyeshuri batashye mu minsi mikuru kandi baratangiye amashuri kare bityo rero bishobotse mwahindura mwaba Mukoze!

Tumushime egide says:
Ukuboza 16, 2024 at 7:50 pm

Hari ibigo bya private byongera amafaranga kurwego rwo hejuru Kandi umunyeshuri yaragiyeyo yoherejwe nareta nukudufasha kuko amafaranga batewaka nimenshi cyane

Claude says:
Ukuboza 19, 2024 at 11:07 am

Kuraje

Jean de dieu says:
Ukuboza 19, 2024 at 6:42 pm

Mwiriwe neza ikibazo narimfite uramutse utsinze ntubone ubushobozi bwoguhita ujyayo hagashira imyaka ibiri(2) akaba aribwo abona ubushobozi mwamufasha kubona ikigo cyareta akiga abayo? Murakoze.

Jean de dieu says:
Ukuboza 19, 2024 at 6:42 pm

Mwiriwe neza ikibazo narimfite uramutse utsinze ntubone ubushobozi bwoguhita ujyayo hagashira imyaka ibiri(2) akaba aribwo abona ubushobozi mwamufasha kubona ikigo cyareta akiga abayo? Murakoze.

Andika igitekerezo

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE