Ubwato bwa Hoteli mu kiyaga cya Kivu bwiteguye kwakira abakiliya

Ubwato bwa mbere bwa hoteli y’inyenyeri eshanu mu Rwanda, Kivu Queen uBuranga, bwiteguye gukora no kwakira abakiliya guhera muri uyu mwaka, baba abo mu Rwanda ndetse n’abaturutse mu bice bitandukanye by’Isi. Ni nyuma y’aho bwatangiye kugeragezwa no kureremba mu kiyaga cya Kivu guhera tariki ya 03 Mata 2023, hagenzurwa ko bwujuje ibisabwa byose kugira ngo … Continue reading Ubwato bwa Hoteli mu kiyaga cya Kivu bwiteguye kwakira abakiliya