U Rwanda rwiteguye inama ku hazaza h’ikoranabuhanga mu burezi bw’Afurika
Guverinoma y’u Rwanda yiteguye kwakira inama ngarukamwaka ya 17 yiga ku ihuriro ry’uburezi no guhanga udushya, ndetse n’akamaro k’ishoramari mu burezi bwifashisha ikoranabuhanga (eLearning Africa Summit). Iyo nama y’iminsi itatu itegerejwe hagati y’itariki ya 29 kugeza ku ya 31 Gicurasi mu Mujyi wa Kigali, ni iya mbere yo ku rwego rw’Afurika yiga ku ikoranabuhanga mu … Continue reading U Rwanda rwiteguye inama ku hazaza h’ikoranabuhanga mu burezi bw’Afurika
Copy and paste this URL into your WordPress site to embed
Copy and paste this code into your site to embed