U Budage burashimira u Rwanda gufasha Mozambique kugarura umutekano

Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’u Budage yashimiye u Rwanda ku bwo gufasha Leta ya Mozambique kwigobotora ibyihebe byari byarigaruriye Intara ya Cabo Delgado mu gihe cy’imyaka ine. Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wungirije mu Budage Katja Keul, yabikomojeho ubwo yasuraga Inzego z’Umutekano z’u Rwanda zoherejwe guhashya ibyihebe bya Ansar Al Sunna mu cyumweru gishize. Yashimye ibikorwa by’indashyikirwa u … Continue reading U Budage burashimira u Rwanda gufasha Mozambique kugarura umutekano