Muhanga: Bane bafungiwe gutema umuyobozi w’ikigo cy’ishuri
Abantu bane bamaze gutabwa muri yombi bakekwaho kugira uruhare mu gutema Umuyobozi w’Urwunge rw’Amashuri rwa Sholi ruherereye mu Murenge wa Cyeza, Akarere ka Muhanga watemwe mu ijoro ryo ku wa Gatandatu tariki ya 4 Nyakanga 2026. Aya makuru yemejwe n’Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Amajyepfo, CIP Hassan Kamanzi, wavuze ko Polisi yahise itangira ibikorwa … Continue reading Muhanga: Bane bafungiwe gutema umuyobozi w’ikigo cy’ishuri
Copy and paste this URL into your WordPress site to embed
Copy and paste this code into your site to embed