Byinshi ku ruzinduko rw’Intumwa ya Korea y’Epfo mu Rwanda

Mu mpera z’icyumweru gishize ni bwo Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Korea y’Epfo Park Jin, yasuye u Rwanda abonana n’abayobozi batandukanye barimo Perezida wa Repubulika Paul Kagame bahuye ku wa Gatandatu taliki 12 Kanama 2023. U Rwanda ni kimwe mu bihugu Minisitiri Park Jon yagiriyemo uruzinduko rw’akazi rw’iminsi ine aho yazanywe by’umwihariko no gusaba ibyo bihugu … Continue reading Byinshi ku ruzinduko rw’Intumwa ya Korea y’Epfo mu Rwanda