Byinshi ku ruzinduko rw’Intumwa ya Korea y’Epfo mu Rwanda
Mu mpera z’icyumweru gishize ni bwo Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Korea y’Epfo Park Jin, yasuye u Rwanda abonana n’abayobozi batandukanye barimo Perezida wa Repubulika Paul Kagame bahuye ku wa Gatandatu taliki 12 Kanama 2023. U Rwanda ni kimwe mu bihugu Minisitiri Park Jon yagiriyemo uruzinduko rw’akazi rw’iminsi ine aho yazanywe by’umwihariko no gusaba ibyo bihugu … Continue reading Byinshi ku ruzinduko rw’Intumwa ya Korea y’Epfo mu Rwanda
Copy and paste this URL into your WordPress site to embed
Copy and paste this code into your site to embed