Perezida Kagame na Blinken bongeye kuganira ku mutekano muke wa RDC
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yongeye kugirana ikiganiro kuri telefoni n’Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Antony J. Blinken, cyibanze ku bibazo by’umutekano muke muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC). Ni ibiganiro Ibiro by’Umukuru w’Igihugu byemeza ko byatanze umusaruro, cyane ko byanagarutse ku ngamba zafatwa mu guhosha … Continue reading Perezida Kagame na Blinken bongeye kuganira ku mutekano muke wa RDC
Copy and paste this URL into your WordPress site to embed
Copy and paste this code into your site to embed