U Rwanda na Yorodaniya byakuriyeho Visa Pasiporo zisanzwe
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane Dr Biruta Vincent, yatangiye uruzinduko rw’iminsi ibiri i Amman mu Bwami bwa Hashemite bwa Yorodaniya, aho kuri uyu wa Gatatu yasinye ku masezerano y’ubufatanye y’ubwoko butatu. Amasezerano ya mbere yashyizweho umukono muri urwo ruzinduko rw’akazi, ni arebana no gukuriraho Visa abantu batunze Pasiporo zisanzwe nyuma y’amezi atandatu ikuweho no kuri Pasiporo … Continue reading U Rwanda na Yorodaniya byakuriyeho Visa Pasiporo zisanzwe
Copy and paste this URL into your WordPress site to embed
Copy and paste this code into your site to embed