Zimbabwe yashimye u Rwanda rwanyuze mu bikomeye rukanamba ku bumwe
Guverinoma ya Zimbabwe yashimye Abanyarwanda banyuze mu bikomeye ariko bagakomeza kunamba ku bumwe bwabo, none ubu umusarururo wabwo ukaba ugaragarira mu iterambere Igihugu kigezeho nyuma y’imyaka ikabakaba 30 ishize. Byagarutsweho na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubucuruzi Mpuzamahanga w’Agateganyo wa Zimbabwe Prof. Amon Murwira, ubwo yitabiraga ibirori byo kwizihiza isabukuru y’imyaka 29 yo Kwihohora n’iya 61 y’Ubwigenge … Continue reading Zimbabwe yashimye u Rwanda rwanyuze mu bikomeye rukanamba ku bumwe
Copy and paste this URL into your WordPress site to embed
Copy and paste this code into your site to embed