U Rwanda rwiteguye gushora tiriyari 8,7 Frw mu ngufu za nikeleyeri

Mu gihe u Rwanda rukomeje urugendo rwo kugera ku Cyerekezo 2050 aho ruzaba ruri mu bihugu byateye imbere, Guverinoma yatangaje ko yiteguye gushora miliyari 6 z’amadolari ya Amerika (Tiriyari 8,7 z’amafaranga y’u Rwanda). Ni muri gahunda yo kurushaho kongera ingano y’ingufu z’amashanyarazi ashyigikira iterambere rirambye ry’ubukungu nk’uko byashimangiwe na Perezida wa Repubulika Paul Kagame, ubwo … Continue reading U Rwanda rwiteguye gushora tiriyari 8,7 Frw mu ngufu za nikeleyeri