U Rwanda rwiteguye gushora tiriyari 8,7 Frw mu ngufu za nikeleyeri
Mu gihe u Rwanda rukomeje urugendo rwo kugera ku Cyerekezo 2050 aho ruzaba ruri mu bihugu byateye imbere, Guverinoma yatangaje ko yiteguye gushora miliyari 6 z’amadolari ya Amerika (Tiriyari 8,7 z’amafaranga y’u Rwanda). Ni muri gahunda yo kurushaho kongera ingano y’ingufu z’amashanyarazi ashyigikira iterambere rirambye ry’ubukungu nk’uko byashimangiwe na Perezida wa Repubulika Paul Kagame, ubwo … Continue reading U Rwanda rwiteguye gushora tiriyari 8,7 Frw mu ngufu za nikeleyeri
Copy and paste this URL into your WordPress site to embed
Copy and paste this code into your site to embed