U Rwanda rweruriye EU ko rutazikorera ibibazo bya RDC

Mu gihe intambara y’amoko ikomeje mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), bimwe mu bihugu bihuriye mu Muryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) byihutiye gufatira u Rwanda ibihano.  Guverinoma y’u Rwanda yeruriye ubuyobozi bwa EU ko u Rwanda rutiteguye kwikorera umutwaro w’imiyoborere mibi ya RDC hamwe no kuba Leta yarananiwe kubungabunga umutekano w’imbere mu … Continue reading U Rwanda rweruriye EU ko rutazikorera ibibazo bya RDC