U Rwanda ruzakora igishoboka cyose mu kwirinda- Perezida Kagame asubiza CNN

Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yavuze ko u Rwanda ruzakora ibishoboka byose mu kwicungira umutekano, ubwo yasubizaga ibibazo birebana n’umutekano muke muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), yabajijwe n’umunyamakuru wa CNN kuri uyu wa Mbere tariki ya 3 Gashyantare 2025.  Muri icyo kiganiro cyihariye, umunyamakuru Larry Maduwo yabajije Perezida Kagame niba koko ingabo z’u … Continue reading U Rwanda ruzakora igishoboka cyose mu kwirinda- Perezida Kagame asubiza CNN