U Rwanda rurakira inama ya 3 y’ubucuruzi iruhuza na Zimbabwe

Kuri uyu wa Mbere tariki ya 18 Werurwe 2024, i Kigali harateranira inama y’iminsi ibiri ihuza abashoramari bo mu Rwanda n’abo muri Zimbabwe bakomeza kuganira ku buryo bwo kubyaza umusaruro amahirwe y’ubucuruzi n’ishoramari arangwa hagati y’ibihugu byombi. Iyo nama y’ubucuruzi n’ishoramari ibaye ku nshuro ya 3, yateguwe ku bufatanye bw’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Iterambere (RDB) … Continue reading U Rwanda rurakira inama ya 3 y’ubucuruzi iruhuza na Zimbabwe