U Rwanda na Ukraine byasezeranye ubufatanye muri Politiki

Kuri uyu wa Kane taliki ya 25 Gicurasi, Guverinoma y’u Rwanda n’iya Ukraine byashyize umukono ku masezerano y’ubutwererane mu bya Politiki hagati y’ibihugu byombi.  Ni amasezerano yashyizweho umukono na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane Dr Biruta Vincent, hamwe na mugenzi we wa Ukraine Dmytro Kuleb waje mu ruzinduko rw’umunsi umwe mu Rwanda.  Amasezerano yashyizweho umukono nyuma … Continue reading U Rwanda na Ukraine byasezeranye ubufatanye muri Politiki