U Rwanda na Ukraine byasezeranye ubufatanye muri Politiki
Kuri uyu wa Kane taliki ya 25 Gicurasi, Guverinoma y’u Rwanda n’iya Ukraine byashyize umukono ku masezerano y’ubutwererane mu bya Politiki hagati y’ibihugu byombi. Ni amasezerano yashyizweho umukono na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane Dr Biruta Vincent, hamwe na mugenzi we wa Ukraine Dmytro Kuleb waje mu ruzinduko rw’umunsi umwe mu Rwanda. Amasezerano yashyizweho umukono nyuma … Continue reading U Rwanda na Ukraine byasezeranye ubufatanye muri Politiki
Copy and paste this URL into your WordPress site to embed
Copy and paste this code into your site to embed