U Rwanda na RDC byatanze ibyifuzwa mu masezerano y’amahoro

Leta Zunze Ubumwe z’Amerika (USA), zatangaje ko zishimiye kwakira ibyifuzo bya Guverinoma y’u Rwanda n’ibya Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku birebana n’ibigomba kuba bigize amasezerano y’amahoro yitezwe gusinywa hagati y’ibyo bihugu. Ni indi ntambwe itewe ije ikurikira isinywa ry’amasezerano y’ibanze y’amahame yasinyiwe i New York muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika ku … Continue reading U Rwanda na RDC byatanze ibyifuzwa mu masezerano y’amahoro