U Rwanda na EU byemeje gusigasira uruhererekane rw’ibikoresho fatizo

Guverinoma y’u Rwanda n’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) byasinyanye amasezerano agamije kwimakaza uruhererekane rurambye rw’ibikoresho fatizo nk’amabuye y’agaciro n’indi mitungo kamere. Ni amasezerano agamije kwimakaza urwego rw’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro no gutanga umusanzu mu rugendo rwo kwimukira ku bukungu mpuzamahanga buhangana n’imihindagurikire y’ibihe kandi burambye. Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane Dr. Biruta Vincent, yavuze ko ayo masezerano … Continue reading U Rwanda na EU byemeje gusigasira uruhererekane rw’ibikoresho fatizo