Sobanukirwa miliyari 22.6 Frw EU yageneye Ingabo z’u Rwanda muri Mozambique

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko yakiriye neza kuba Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) wamaze kwemeza inkunga ya miliyoni 20 z’Amayero, ni ukuvuga amafaranga y’u Rwanda asaga miliyari 22.6, yo gushyigikira ibikorwa by’inzego z’umutekano z’u Rwanda byo kurwanya iterabwoba mu Ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique. U Rwanda rwohereje abapolisi n’abasirikare barwo muri icyo Gihugu guhera … Continue reading Sobanukirwa miliyari 22.6 Frw EU yageneye Ingabo z’u Rwanda muri Mozambique