RIB yavuze ku kibazo cya Danny Nanone n’umugore bivugwa ko babyaranye

Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, (RIB), Dr. Murangira B.Thierry, yavuze ku kibazo cya Dany Nanone na Busandi Moreen babyaranye kimaze iminsi gicaracara ku mbuga nkoranyambaga. Ni ikibazo cyamenyekanye mu minsi itanu ishize ubwo Busandi Moreen yagiye kwa Dany mu rugo atumira itangazamakuru asohora ibikoresho mu nzu arabitwara, avuga ko yanze kumuha indezo. Ubwo umuvugizi wa RIB, … Continue reading RIB yavuze ku kibazo cya Danny Nanone n’umugore bivugwa ko babyaranye