Perezida Kagame yitezwe mu itangizwa rya C4IR Rwanda
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, ni we uzaba ari Umushyitsi Mukuru mu muhango wo gutangiza ku mugaragaro Ikigo gishinzwe Impinduramatwara ya Kane mu Bukungu mu Rwanda (C4IR Rwanda) witezwe kuba ku ya 31 Werurwe 2022. Ubuyobozi bw’iki kigo cyatangiye kugira uruhare mu guhindura ahazaza h’ikoranabuhanga mu iterambere ry’ubukungu n’imibereho y’abaturage mu Rwanda no … Continue reading Perezida Kagame yitezwe mu itangizwa rya C4IR Rwanda
Copy and paste this URL into your WordPress site to embed
Copy and paste this code into your site to embed