Perezida Kagame yakiriye Intumwa y’Amerika yahuye na Tshisekedi
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 21 Werurwe 2025, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yakiriye Dr. Ronny Jackson Umuyobozi Komisiyo y’Inteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika ishinzwe ubutasi n’ibikorwa byihariye by’igisirikare. Umukuru w’Igihugu yakiriye Dr. Ronny Jackson nyuma y’iminsi itanu uyu mugabo akubutse muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), … Continue reading Perezida Kagame yakiriye Intumwa y’Amerika yahuye na Tshisekedi
Copy and paste this URL into your WordPress site to embed
Copy and paste this code into your site to embed