Mu rugamba rwo kubohora u Rwanda twatoraguraga zahabu- Perezida Kagame

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yagaragaje uburyo u Rwanda rufite amabuye y’agaciro menshi ku buryo mu myaka igera kuri 30 ishize ubwo bari mu rugamba rwo kubohora u Rwanda, bategaga umwazi batoragura zahabu aho babaga bihishe ahitwa Mu Miyove, ubu ni mu Karere ka Gicumbi. Umukuru w’Igihugu yabigarutseho anyomoza abakomeza kugaragaza ko u … Continue reading Mu rugamba rwo kubohora u Rwanda twatoraguraga zahabu- Perezida Kagame