Itorero Angilikani mu Rwanda ririshimira umusanzu waryo mu myaka 100 rimaze
Kuri iki Cyumweru tariki ya 24 Kanama 2025, ibihumbi by’Abakirisitu b’Itorero Angilikani mu Rwanda (EAR) bateraniye i Gahini mu Karere ka Kayonza aho bizihiza isabukuru y’imyaka 100 ishize iryo torero rishinzwe mu Rwanda. Mu 1925, ni bwo Itorero Angilikani mu Rwanda ryatangiriye i Gahini mu Karere ka Kayonza, rishinzwe na Geoffrey Holmes, umusirikare w’Umumisiyoneri ukomoka … Continue reading Itorero Angilikani mu Rwanda ririshimira umusanzu waryo mu myaka 100 rimaze
Copy and paste this URL into your WordPress site to embed
Copy and paste this code into your site to embed