Ikibazo dufite ni umutekano- Perezida Kagame avuga ku bibazo bya RDC

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yavuze ko u Rwanda rutarajwe ishinga n’amabuye y’agaciro ya Repubulika Iharanira demokarasi ya Congo (RDC), ko ahubwo icy’ibanze mu ntekerezo z’Abanyarwanda ari umutekano bifuza kubona mu gihe kirambye. Perezida Kagame yabigarutseho mu kiganiro 69 ‘𝕏 MINUTES’ yagiranye n’umunyamakuru Mario Nawfa, cyagarutse ku ngingo zinyiranye zirebaba n’umutekano muke muri … Continue reading Ikibazo dufite ni umutekano- Perezida Kagame avuga ku bibazo bya RDC