Ibyigishwa mu mashuri bihuzwe n’ibikenewe ku isoko ry’umurimo-MIFOTRA
Minisiteri y’Umurimo n’Abakozi ba Leta, (MIFOTRA) yagaragaje ko hari kwigwa uburyo abanyeshuri bakwiga ariko bakongererwa ubushobozi ku buryo ubumenyi bahabwa bujyanishwa n’ubukenewe ku isoko ry’umurimo. Ibyo byagarutsweho kuri uyu wa 01 Gicurasi 2025, ubwo u Rwanda rwizihazaga umunsi mpuzamahanga w’umurimo ku nsangayamatsiko igira iti: ”Ihangwa ry’umurimo intego dusangiye.” Minisitiri wa MIFOTRA, Amb. Christine Nkulikiyinka yagaragaje … Continue reading Ibyigishwa mu mashuri bihuzwe n’ibikenewe ku isoko ry’umurimo-MIFOTRA
Copy and paste this URL into your WordPress site to embed
Copy and paste this code into your site to embed