Barashimira Perezida Kagame umuhanda Muhanga-Nyange ugeze kuri 25%
Abaturage bo mu Karere ka Muhanga barashimira Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame ko imvugo ye yabaye ingiro, bakaba bakomeje kubona umuhanda Muhanga-Nyange w’ibilometero 24 wubakwa nk’uko babisezeranyijwe mu mwaka ushize. Uyu muhanda Muhanga-Nyange ukaba uri mu mushinga wagutse wo kubaka umuhanda Muhanga-Karongi w’ibilometero 48 ugeze kure wubakwa mu buryo bujyanye n’igihe. Tariki ya … Continue reading Barashimira Perezida Kagame umuhanda Muhanga-Nyange ugeze kuri 25%
Copy and paste this URL into your WordPress site to embed
Copy and paste this code into your site to embed