Inganda zatewe inkunga y’akabakaba miliyari 10 Frw ziratanga umusaruro
Abafite inganda ziri mu mpererekane nyongeragaciro 8 baravuga imyato Leta y’u Rwanda yazahuye imikorere yabo binyuze mu nkunga ikabakaba miliyari 10 z’amafaranga y’u Rwanda, kuri ubu bakaba bakomeje kubona umusaruro wiyongera. Iyo nkunga yatanzwe binyuze mu Kigo cy’Igihugu cy’Ubushakashatsi n’Iterambere mu byerekeye Inganda, (NIRDA) yagenewe inganda zirimo izongerera agaciro ibikomoka ku buhinzi harimo ibikomoka ku … Continue reading Inganda zatewe inkunga y’akabakaba miliyari 10 Frw ziratanga umusaruro
Copy and paste this URL into your WordPress site to embed
Copy and paste this code into your site to embed