Mu Mudugudu wa Kinigi bafungiwe amazi kubera ideni rya miliyoni 10 Frw

Imiryango  imiryango 13  yatujwe mu Mudugudu w’Icyitegererezo wa Kinigi mu Karere ka Musanze, yafungiwe amazi nyuma y’uko imaze kurenza umwenda wa miliyoni 10 z’amafaranga y’u Rwanda ibereyemo Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Isuku n’isukura mu Rwanda (WASC). Ubuyobozi bwa WASAC buvuga ko iyo miryango yafungiwe amazi kubera ko imaze imyaka myinshi itishyura fagitire y’amazi. Ariko biragira ingaruka … Continue reading Mu Mudugudu wa Kinigi bafungiwe amazi kubera ideni rya miliyoni 10 Frw