Muhanga: Uruganda rwa Anjia rukora sima rwibwe Toni 70

Uruganda Anjia Prefabricated Construction Rwanda Company Ltd rukora sima biravugwa ko rwatekewe umutwe n’uwitwa Ignace Kabega Harindintwali akoresheje inyemezabwishyu mpimbano hifashishijwe ikoranabuhanga, arwiba Toni 70 anazigurisha umucuruzi witwa Nyandwi Celestin. Ni amakuru yamenyekanye tariki ya 28 Kanama 2023 nyuma yo guhuza amakuru yo mu ibaruramari bagasanga bidahura baratekewe umutwe nk’uko byemezwa n’amakuru atangazwa n’urwo ruganda. Umwe mu bakozi … Continue reading Muhanga: Uruganda rwa Anjia rukora sima rwibwe Toni 70