U Rwanda rwifatanyije n’Afurika kwizihiza Umunsi wo kurwanya ruswa
Mu gihe Umunsi Nyafurika wahariwe kurwanya ruswa uba taliki ya 11 Nyakanga buri mwaka, uyu munsi taliki 12/07/2023, u Rwanda rwifatanyije n’ibindi bihugu mu kuwizihiza mu birori byabereye i Kigali byateguwe n’Urwego rw’Umuvunyi ku bufatanye n’Umujyi wa Kigali. Ku rwego rw’Afurika, insanganyamatsiko y’uyu mwaka wa 2023 igira iti: ‘Amasezerano y’Umuryango w’Ubumwe bw’Afurika yo gukumira no … Continue reading U Rwanda rwifatanyije n’Afurika kwizihiza Umunsi wo kurwanya ruswa
Copy and paste this URL into your WordPress site to embed
Copy and paste this code into your site to embed