Perezida Kagame yanenze abadindiza AfCFTA ngo bararinda ubusugire

Uretse kuba Isoko Rusange ry’Afurika (AfCFTA) ari ryo soko rinini ku Isi aho rihuriramo abasaga miliyari 1.3, ni n’umushinga w’ibanze w’Umuryango w’Afurika Yunze Ubumwe (AU) mu cyerekezo 2063. Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, avuga ko kugira ngo uwo mushinga ushoboke kandi utange umusaruro ufatika bizashingira ku bushake bwa Politiki butari ubw’Igihugu kimwe, ahubwo … Continue reading Perezida Kagame yanenze abadindiza AfCFTA ngo bararinda ubusugire