Rubavu: Urubyiruko rurimo urw’i Goma rwiyemeje kuba umusemburo w’amahoro
Muri aka Karere k’Ibiyaga Bigari hakomeje kumvikana ibibazo by’umutekano muke, intambara bigira ingaruka ku baturage zirimo imfu, ubuhunzi, inzara n’ibindi bibazo bishingiye ku myiryane, urwikekwe, urwango ndetse n’amacakubiri anshingiye ku moko, n’imiyoborere mibi, aho kuri ubu byiganje Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC). Urubyiruko rurimo n’urwaturutse mu Mujyi wa Goma w’icyo gihugu cy’abaturanyi, rwagaragaje ko … Continue reading Rubavu: Urubyiruko rurimo urw’i Goma rwiyemeje kuba umusemburo w’amahoro
Copy and paste this URL into your WordPress site to embed
Copy and paste this code into your site to embed