Rubavu: Urubyiruko rurimo urw’i Goma rwiyemeje kuba umusemburo w’amahoro

Muri aka Karere k’Ibiyaga Bigari hakomeje  kumvikana ibibazo by’umutekano muke, intambara bigira ingaruka ku baturage zirimo imfu, ubuhunzi, inzara n’ibindi bibazo bishingiye ku myiryane, urwikekwe, urwango ndetse n’amacakubiri anshingiye ku moko, n’imiyoborere mibi, aho kuri ubu byiganje Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC). Urubyiruko rurimo n’urwaturutse mu Mujyi wa Goma w’icyo gihugu cy’abaturanyi, rwagaragaje ko … Continue reading Rubavu: Urubyiruko rurimo urw’i Goma rwiyemeje kuba umusemburo w’amahoro