Byinshi kuri GiveDirectly yahaye ingo 170,000 amafaranga atagira inkurikizi mu Rwanda
Ubusanzwe abaterankunga bifashisha imiryango itandukanye y’abagiraneza kugira ngo ari yo igena uburyo imiryango ikennye cyangwa abari mu kaga bakwiye kunganirwa binyuze mu mishinga ibabyarira inyungu ishorwamo akayabo katanzwe n’abo bagiraneza. Ariko imiryango mike ku Isi ni yo yagize igitekerezo cy’ingenzi cyo guha agaciro amahitamo y’abanyantege nke mu buryo bashobora kubyaza umusaruro inkunga bagenerwa. Muri yo … Continue reading Byinshi kuri GiveDirectly yahaye ingo 170,000 amafaranga atagira inkurikizi mu Rwanda
Copy and paste this URL into your WordPress site to embed
Copy and paste this code into your site to embed