U Rwanda rugiye kwakira Inama yiga ku Isi ya telefoni muri Afurika

Hagati yo ku wa 25 na 27 Ukwakira 2022, u Rwanda rwiteguye kwakira Inama Mpuzamahanga yiga ku Isi ya telefoni muri Afurika, yateguwe n’Ikigo Mpuzamahanga gishinzwe Itumanaho rya Telefoni (Global Ststem for Mobile Communications/ GSMA).  Ni amakuru yongeye gushimangirwa n’Ibiro by’Umukuru w’Igihugu nyuma y’uko Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yakiriye Umuyobozi Mukuru wa … Continue reading U Rwanda rugiye kwakira Inama yiga ku Isi ya telefoni muri Afurika