U Rwanda rugiye kwakira Inama yiga ku Isi ya telefoni muri Afurika
Hagati yo ku wa 25 na 27 Ukwakira 2022, u Rwanda rwiteguye kwakira Inama Mpuzamahanga yiga ku Isi ya telefoni muri Afurika, yateguwe n’Ikigo Mpuzamahanga gishinzwe Itumanaho rya Telefoni (Global Ststem for Mobile Communications/ GSMA). Ni amakuru yongeye gushimangirwa n’Ibiro by’Umukuru w’Igihugu nyuma y’uko Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yakiriye Umuyobozi Mukuru wa … Continue reading U Rwanda rugiye kwakira Inama yiga ku Isi ya telefoni muri Afurika
Copy and paste this URL into your WordPress site to embed
Copy and paste this code into your site to embed