Perezida Kagame yakiriye itsinda rya YPO ry’Abayobozi Bakuru bakiri bato
Kuri uyu wa Gatatu, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yakiriye itsinda ry’abayobozi bakuru bahuriye mu Muryango w’Abayobozi bakiri bato 26 (YPO), bari mu Rwanda muri gahunda y’uruzinduko rwiswe: “Gahunda ikorwa rimwe mu buzima”. Abo bayobozi bakuru bageze mu Rwanda mu ruzinduko rukomeje aho barimo gusura ibihugu 9 byihariye bahura n’abayobozi b’ubucuruzi. Umuryango YPO … Continue reading Perezida Kagame yakiriye itsinda rya YPO ry’Abayobozi Bakuru bakiri bato
Copy and paste this URL into your WordPress site to embed
Copy and paste this code into your site to embed